Rwanda | Ruhango: abanyeshuri biga imyuga barasabwa kudatinya kubazwa n’abarimu batabigishije
Kuba abanyeshuri biga mu bigo by’imyuga basigaye babazwa n’abarimu batabigishije mu kizami cya Leta cya Pratique, ntibikwiye kubatera ubwoba, ahubwo bakwiye kumva ko aribwo buryo bwiza buzabafasha guhangana ku isoko ry’umurimo. Ibi abanyeshuri biga imyuga babisabwe nyuma y’aho uyu mwaka batangiye kujya babazwa n’abarimu batigeze …


