Rwanda | Rusizi: Inzererezi 43 zurijwe ubwato perezida yahaye abaturage zijya iwawa kwigishwa imyuga
Mu masaha ya saa kuminimwe za mugitondo inzererezi 43 zafashwe n’inzego z’umutekano mu mujyi wa Kamembe muminsi ishize ubu zurijwe mubwato bwo kunkombo bwatanzwe na nyakubahwa Perezida wa repuburika y’URwanda Paul Kagame, abo basore bari bamaze iminsi bizerereza mu mujyi wa kamembe ndetse bagakurura umutekano …
