Rwanda | Nyamasheke: Yakunze umwuga wo kubaka ahitamo kuwiga n’ubwo ari umukobwa.
Umukobwa witwa Ingabire Francine wo mu murenge wa Ruharambuga atangaza ko yumva akunze umwuga wo kubaka akaba ariyo mpamvu yahisemo kuwiga, kugira ngo ashyire mu bikorwa ibyifuzo bye. Uyu mukobwa uvuga ko yarangije amashuri abanza mu mwaka wa 2011, yasutangarije ko yumva akunze umwuga wo …


