Rwanda : Baravuga ko ubumenyi bugezweho mu gukusanya amakuru ajyanye n’iby’ubutaka buzabafasha mu kunoza inshingano zabo
Abayobozi bashinzwe ubutaka mu turere dutandukanye tugize intara y’Amajyaruguru, ndetse n’abandi bafite aho bahuriye n’ibijyanye n’imicungire y’ubutaka mu majyaruguru baravuga ko ubumenyi bugezweho mu gukusanya amakuru ajyanye n’iby’ubutaka azabafasha mu kunoza inshingano zabo. Ibi bikaba byatangajwe kuri uyu wa gatanu tariki 25/01/2013, ubwo aba bafite …
