NUR: abanyeshuri bacitse ku icumu barashishikarizwa gutsinda cyane
Ubwo abanyeshuri bo muri Kaminuza y’u Rwanda bibukaga ku nshuro ya 19 jenoside yakorewe abatutsi, kuwa 22/4/2013, bagejejweho ubutumwa bwo kwiga neza ndetse no gutsinda, kuko ari yo nzira yo kubabashisha kwigira, bakareka kumva ko hari abo bagomba guhora bategeye amaboko. “Abanyeshuri bacitse ku icumu …








