Rwanda : Abanyeshuri bo muri kaminuza barasabwa kubiba imbuto y’urukundo
Mu gihe mu Rwanda twitegura kwizihiza imyaka 50 y’ubwigenge, Abanyarwanda barasabwa kubiba imbuto y’urukundo kuko iyo ubibye imbuto y’urukundo usarura urukundo wabiba imbuto y’urwango ugasarura urwango. Ibi ni bumwe mu butumwa bwatangiwe muri Kaminuza ya Kigali ULK ishami rya Gisenyi kuwa 20 Kamena 2012 …
