Rwanda | Ruhango: abanyeshuri ba ISPG Gitwe bazajya bimenyereza umwuga mu bitaro bya Kinazi
Ubuyobozi bw’ishuri rya ISPG Gitwe buravuga ko abanyeshuri bazajya barangiza muri iri shuri bazajya bajya kwimenyereza umwuga w’ubuganga mu bitaro bya Ruhango byubatse mu murenge wa Kinazi. Bitewe n’uko ibitaro by’iri shuri bitaruzura, ubuyobozi bwa ISPG bwagiranye amasezerano n’akarere ka Ruhango ko abanyeshuri bazajya barangiza …


